in

Shaddy Boo nyuma yo kubona ukuntu Amavubi yananiwe gutsinda ikipe ya 2 ya Senegal, yagiye mu bitabo akora ubushakashatsi asanga umukino usigaye ku Isi Amavubi yazajya atsinda ari umwe gusa

Mu mukino waraye ubaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 9 Nzeri 2023, ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yananiwe gutsinda Senegal yari yakinishije abakinnyi bato bagize ikipe ya Kabiri.

Nyuma y’uyu mukino, Shaddy Boo yahise ajya ku rukuta rwe rwa Twitter, maze avuga ko umukino aba basore b’amavubi batsinda ari gukina “Biye” ya mikino y’abana.

Yagize ati “Umwe mu mikino isigaye kw’isi AMAVUBI yapfa kubonamo itsinzi. Nyuma yo kunganya nabana bavutse muri 2008.”

Wari umukino wa nyuma mu gushaka itike yo kujya mu gikombe cya Africa, waje kurangira amakipe yombi anganyije igitego 1-1. Gusa niyo Amavubi atsinda yari kuguma ku mwanya wa nyuma.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Asigaye yitera n’ibirungo by’ubwiza! Juwayeze wa Juno nyuma yo kubona ko Juno na Ariel Wayz bakomeje kumurisha umubu, yagize ikintu abisabira kugira ngo na we abone ku rukundo (VIDEWO)

Umukinnyi wa Rayon Sports utahabwaga umwanya wo gukina yaciye ibintu nyuma yo gutangaza ikintu gikomeye yabonye ku bafana ba Gikundiro atigeze abona iwabo