in

Seninga Innocent yatangaje ko yaretse manyinya nyuma yo gusanga nakomeza kuyikura mu gacuma izamucuma imukura mu bagabo

Seninga Innocent yaretse manyinya nyuma yo gusanga izamukura mu bagabo

Seninga Innocent umutoza w’umunyarwanda utoza Sunrise Football Club ikina ikiciro cya mbere cya Chamiopa y’u Rwanda yahisemo kureka manyinya nyuma yo gusanga nakomeza kuyikura mu gacuma izamucuma imukura mu bagabo.

Seninga Innocent yaretse manyinya nyuma yo gusanga izamukura mu bagabo

Seninga Innocent watoje amakipe atandukanye nka Police Football Club, Etincelles, Musanze FC na Sunrise Aho ubu Ari gutoza yatangaje ko aretse inzoga burundu kuko ngo yasanze arizo zituma akomeza kwitwara nabi kandi ubuhanga abufite.
Ibi Seninga Innocent yabitangarije mu kiganiro kitwa Kickoff gitambuka kuri RBA maze umunyamakuru Rigoga Ruth amubajije niba koko inzoga arizo zagiye zimusubiza hasi, Seninga Innocent abyemera nta mpaka maze ariko avuga ko yaziretse burundu dore ko ngo amaze amezi umunani atazi umusemburi uko usa.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urukundo rw’i Kigali rurabona abasore bakize bakiri bato n’abasaza rukukuri

Wasanga ubikora utabizi: reba impamvu iyo abantu barimo gusomana bafunga amaso.