in

Senegal ya Sadio Mané yihereranye Brazil ya Vinicius Junior iyinyagira imvura y’ibitego

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri taliki 20 Kamena 2023, ikipe ya Senegal ya Sadio Mané yafashe Brazil ya Vinicius Junior iyitsinda ibitego 4-2.

Uyu mukino wari uwa gishuti, wabereye muri Portugal, Sadio Mané yaje gufasha ikipe ye ya Senegal kuko yayitsindiye ibitego 2 muri uyu mukino.

Iyi Senegal biteganyijwe ko izakina n’Amavubi y’u Rwanda, mu mukino wa nyuma wo gushaka itike y’igikombe cy’Africa mu itsinda L. Tubibutse ko Amavubi yamaze gutakaza iyi tike, mu gihe Senegal yo yamaze kuyikatisha.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu nda zero, ikibuno kinini! Dj Sonia yagaragaje ko siporo yo muri Gym iri kumuyoboka (AMAFOTO na VIDEWO)

Haringingo Francis ukomeje kwingingwa n’ubuyobozi bwa Rayon Sports arimo kwishyuza Milliyoni nyinshi iyi kipe ndetse agahita ajya gutoza ikipe benshi bemeza ko iri muzifite ibirombe by’amafaranga