in

Seka Fred yeguye ku nshingano ze mu ikipe y’i Nyarugenge nyuma yo kubona ubukene buri kunuma

Seka Fred yeguye ku nshingano ze muri As Kigali nyuma yo kubona ubukene buri kunuma muri iyi kipe.

Uwari Visi Perezida wa AS Kigali, Seka Fred, wari wasigaranye inshingano zo kuyiyobora nyuma yo kwegura kwa Shema Fabrice wari Perezida, na we yeguye.

Yeguye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29/11/2023 mu masaha y’umugoroba nibwo byamenyekanye.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Daniel Gaga wamamaye nka Ngenzi muri filime Nyarwanda yinjiye mu rugamba rwo gusabira mugenzi we Samusure uri gutakamba

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwafashe umwanzuro ukomeye ku mukinnyi wagombaga gutandukana n’iyi kipe mu minsi micye iri imbere bishimisha benshi