in

Se wa Lionel Messi yageze mu banyamafaranga agiye gushakira Messi ikipe nshya

Ushinzwe gushakira amakipe Lionel Messi akaba na Se umubyara, Jorge yageze muri Saudi Arabia aho agiye kuvugana na Al -Hilal kuba umuhungu we yajya kuyikinira.

Se wa Lionel Messi, yageze muri Saudi Arabia kuwa 2 ariko avuga ko ikimujyanye ari ibijyanye n’ubucuruzi busanzwe, gusa ibinyamakuru byinshi birimo Marca na The Mirror byanditse ko ibyamujyanye ari ibyo kuba umuhungu we yakina muri iki gihugu gikinamo na Cristiano Ronaldo.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi nyarwanda yatewe ibyuma hafi yo kwicwa arimo yishyuza amafaranga 12,0000

Myugariro wa Manchester United yatereye ivi umukunzi we amwemerera yizigiza