in

Scovia w’imyaka 43 yatawe muri yombi nyuma yo kuryamana n’umwana w’umuhungu w’imyaka 12 amushukishije uduhendabana

Scovia w’imyaka 43 yatawe muri yombi nyuma yo kuryamana n’umwana w’umuhungu w’imyaka 12 amushukishije uduhendabana.

Polisi y’i Masindi yafashe Scovia Adongo w’imyaka 43 y’amavuko, ku byaha aregwa byo gucuruza no gukoresha imibonano mpuzabitsina abana bato.

Umuvugizi w’akarere ka Albertine, Julius Allan Hakiza, yatangaje ko Adongo, utuye mu kagari ka Kijura ku ya 18 Nzeri 2023, yajyanye umuhungu w’imyaka 12 mu nzu ye maze aramushuka bararyamana.

Bijya kumenyekana, uyu mwana yajyanywe mu nzu y’uyu mugore ni uko maze ategekwa kwinjira mu cyumba ni uko maze ahatirizwa gusambana n’uyu mugore.

Uyu mwana yavugije induru maze atabarwa n’abaturanyi aho uyu mugore yahise atabwa muri yombi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yambaraga ibikubura no asigaye yambara ibicicaguritse! Alyn Sano wahoze muri chorale none akaba ari umuhanzi udatinya no kwerekana bimwe mu bice bye by’ibanga, akomeje kugarukwaho

Habereye impanuka yateye urujijo kuko habuze gato ngo Fuso igwe hejuru y’inzu – IFOTO