in

Sam Karenzi wari Umu-Rayon agiye guhabwa akazi keza cyane muri APR FC we na David Bayingana wa BB Fm

Umunyamakuru Sam Karenzi wirirwa avuga ko akunda Rayon Sports ari mu muryango winjira muri APR FC we na David Bayingana bakajya gukoramo itangazamakuru.

Nk’uko tubikesha ISHUSHO TV ishami rya Siporo ni uko aba banyamakuru bombi bari mu muryango winjira mu ikipe ya APR FC.

Bivugwa ko umwe azaba Umuvugizi w’ikipe ya APR FC undi akaba ushinzwe itangazamakuru n’itumanaho muri iyi kipe.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bose bakora bimwe! Urutonde rw’abanyamakuru bagiye bashyingiranwa n’abanyamakuru bagenzi babo bahuriye mu kazi (AMAFOTO)

“Nzabaha ibyo mfite byose” Umwe mubavuzweho ubugambanyi muri Kiyovu Sports waraye asinyiye Rayon Sports yavuze ikintu atahaye Abayovu aje guha Aba-Rayon (VIDEWO)