in

NdabikunzeNdabikunze

Saint Valentin: Umunyamakuru ukomeye wa Radio Rwanda yigaragaje we n’umukunzi we mu buryo budasanzwe (Videwo)

Umunyamakuru ukomeye w’imikino kuri RBA, Nkurunziza Emmanuel, wamamaye ku izina rya ‘Ruvuyanga’ yizihije umunsi w’abakundana ari kumwe n’umukunzi we Phionah.

Ku munsi w’abakundana Ruvuyanga na Phionah bari basohokanye kugira ngo bizihize uyu munsi dore ko ari n’ubwa mbere bawizihije nyuma yo gutangaza urukundo rwabo.

Ruvuyanga yahaye umukunzi we Phionah impano zigiye zintandukanye aho zari ziganjemo indabo nziza zishimangira umubano mwiza.

Mu mpera z’ukwezi kwa mbere nibwo Ruvuyanga yatangaje ko ari mu rukundo na Ntiyamira Phionah aho yabinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram.

Reba Videwo bari kwizihiza umunsi w’abakundana (Saint Valentin)

https://www.instagram.com/reel/CZ95DOiFjff/?utm_medium=copy_link

Phionah umukunzi wa Nkurunziza Emmanuel wamamaye ku izina rya Ruvuyanga

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu gihe abandi bahawe indabo, Yolo The Queen yahawe impano idasanzwe ku munsi w’abakundana.Video

Ijoro ry’urukundo kuri Arthur Nkusi n’umugore we. Video