in

Safi Madiba uzwiho kuriza abakobwa b’uburanga, agiye kongera kubariza

Umuhanzi Safi Madiba wamenyekanye mu itsinda rya Urban Boys, agiye gushyira hanze indirimbo nshya nyuma y’igihe atumvikana.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Safi Madiba yamenyesheje abakunzi be ko agiye gusohora indirimbo nshya.

Yanditse ati: “Abantu bakwiye indirimbo nziza, nanjye ndi hano kuzibaha.”

Uyu muhanzi uzwiho kuriza abakobwa, akimara kwandika gutyo, yongeyeho ati: “Day by Day, 14/4/2023.”

Bivuze ko indirimbo agiye gusohora izaba yitwa Day By Day akazayisohora muri Mata.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rocky yavuze agashya kari muri filime ye atangaza umuntu w’ingenzi agomba kongeramo vuba

Ikinamico irakomeje! Rayon Sports na Intare Fc bitabye Ferwafa basanga nta makuru ifite ku byo yabahamagarije