in

Sadio Mané yasinye amasezerano mashya mu ikipe ye nyuma ahita akora igikorwa cy’urukundo cyakoze ku mitima ya benshi

Kizigenza mu guconga ruhago umuny Senegal Sadio Mané ukinira ikipe ya Bayern Munich yo mu gihugu cy’Ubudage ku munsi w’ejo yakoze igikorwa cyashimishije abakunzi b’umupira w’amaguru kubera ibikorwa by’urukundo akomeje gukora.

Sadio Mané yongeye amasezerano mu ikipe ye ya Bayern Munich kuko yayisinyiye amasezerano y’imyaka 2 azageza mu mwaka wa 2025 ibi byashimishije abakunzi be ndetse n’abakunzi ba Bayern Munich.

Ikindi kandi uyu musore Sadio Mané yakoze igikorwa cy’urukunda kuko yatanze imyenda ijana ya Bayern Munich ku bana bo mu mudugudu yavukiyemo wa Bambali muri Senegali.

Sadio Mané si ubwa mbere akoze ibikorwa cy’urukindo kuko ajya afasha abaturage bo muri Senegali iwabo, ajya abubakira ibikorwaremezo bigiye bitandukanye ndetse n’ubundi bufasha dore ko aherutse no gushimirwa ibyo bikorwa byiza akora maze ahabwa igihembo mu muhango wo gutanga Bollon d’or.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Videwo:Killaman yifashishije amashusho ari gusomana n’umugore we iyumvire uburyo asesereje nyaxo n’abandi batarashaka abagore

Videwo:abana bo mucyaro bashimishije benshi kubera indirimbo y’urukundo baririmbiye hamwe