in

Sadio Mane mu gihirahiro igitutu ni cyose kuri Liverpool.

Mu gihe Sadio Mane yagaragaje ko afite ubushake bukomeye bwo kwerekeza muri Bayern Munich yo mu budage, ubungubu intambara y’amagambo ikomeje kwiyongera.

Umutoza wa Bayern Munich Julian Negelsmann yatangaje ko uko byagenda kose ikipe ye igomba kwegukana Sadio Mane ndetse ashinja Jurgen Klopp amananiza.

Ibi bibaye nyuma yuko ikipe ya Liverpool ikomeje kwanga ubusabe bubiri bwose yari yarashyiriweho na Bayern Munich aho yatangaga amafaranga bikaba ngombwa ko yongerwa inshuro ebyiri zose.

Mu gihe Sadio Mane yaba agiye muri Bayern Munich, ikipe ya Liverpool ikaba yaratangiye kwegera umukinnyi ukinira Benfica yo muri Portugal wiyerekanye cyane akaba yitwa Darwin Nunez.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abasaza 2 barwanye bapfa inkumi birangira ntawe uyegukanye

Benshi bemeza ko ari impanga ya Miss Naomie! Umwana usa neza nka Miss Naomie yatangaje benshi (Amafoto)