in

Abasaza 2 barwanye bapfa inkumi birangira ntawe uyegukanye

Ubusanzwe ntago byari bikunze kubaho ko abasaza barwanira inkumi ariko muri Maryland state abasaza babiri barwanye induru ziravuga nkuko tubikesha ikinyamakuru Thenewdawnlibera.

umusaza w’imyaka 54 witwa G Rascoe Miller ndetse n’undi wimyaka 22 witwa Dwen bose bararwanye bahita biyahura bombi bapfa umukobwa birangira ntawe umwegukanye.

Amakuru avuga ko aba bombi barwanye ku itariki 03 Rascoe avuga ko uwo mukobwa bahoze bakundana hanyuma Dwen we akavuga ko we bakundana nka Romeo and Juliet niko kuvuka intambara rurambikana.

Police yaje gufata Rascoe wari wateje imvururu yanazanye aside kugira ngo umugore namwihakana ayimumeneho apfe, nuko abonye Police ahita ayifata arayinywa ahita apfa akigera ku bitaro.

Ku rundi ruhande Dwen we wari wakubiswe bikomeye, na we yagize ikimwaro cyo kuzasobanurira umukunzi we ibyabaye ndetse n’ibikomere yari afite, ahitamo kwiyahuza uburozi nawe arapfa.

Abantu bakimara kubyumva baguye mu kantu kubera kumva  umugabo warwanye n’undi bapfa umugore ni igisebo n’abagore bose bari ku isi.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

1xBet официальный сайт казино

Sadio Mane mu gihirahiro igitutu ni cyose kuri Liverpool.