in

Sadate hafi aho amumara ubwoba: Umuvugizi wa Rayon Sports yasezeranye n’umukunzi we ufana APR FC bidasanzwe (AMAFOTO)

Umuvugizi wa Rayon Sports, Nkurunziza Jean Paul, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Nkusi Goreth.

Aba bombi basezeranye kuri uyu wa 22 Kamena 2023 mu muhango wabereye mu Murenge wa Kimihurura, mu Karere ka Gasabo. Ni igikorwa cyitabiriwe n’abanyamupira nk’uko nabo ari abakunzi ba ruhago.

Mu mpera z’umwaka ushize, tariki 29 Ukuboza 2022, ni bwo Nkurunziza yafashe icyemezo yambika umukunzi we impeta, bemeranya kurushinga.

Gogo warushinze na Nkurunziza ni umufana wa APR FC na Arsenal, akaba yarihebeye bikomeye izo kipe zombi.

AMAFOTO:

Written by M.Ben

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ariko iyo agiye kuyijyamo akoresha urwego”: Okkam yagaragaye mu modoka idasanzwe maze abantu baboneraho kumwiha bitewe n’uburyo iyo modoka yareshyaga (video)

Ubuse uyu yakwigisha ukagira ikintu utahana ra?: Hagaragaye amashusho y’umwarimu wigishaga yashyize kukarubanda bimwe mu bice by’ibanga (Video)