in

“Rwatubyaye muri abagabo” Hadji Mudaheranwa yageneye ubutumwa abasore b’Amavubi abereka ukuntu u Rwanda rwasubira mu gikombe cy’ Africa – VIDEWO

Hadji Mudaheranwa Yussuf uherutse gutorerwa kuba mu bazayobora Inzibacyuho mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ yageneye ubutumwa abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi abereka ukuntu bishoboka ko u Rwanda rwasubira mu gikombe cy’Africa ruherukamo 2004.

Mu ijambo yagejeje kuri aba bakinnyi, Hadji yababwiye ko bakwiye kutemerera Mozambique ko yabatsindira mu Rwanda ndetse kandi yababwiye ko abo bakinana nabo ari abantu nkaho bafite amaguru abiri.

Reba videwo aho hasi:

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abo mu muryango we amarira n’agahinda ni byose:Uko byagenze kugira ngo Umusifuzi akubitwe n’inkuba ari mu kibuga rwa gati agahita yuma

“Hari abagabo babyara nk’inzoka, ubwose uri umugabo udapfiriye umwana wawe wapfira iki” Mutesi Scovia mu magambo akakaye yagereranyije abagabo bihakana abana babo n’inzoka(Videwo)