in

‘Rwasa warakoze kumpumura no kunkura mu mwijima no kumpa ikizere cyo kuzaba uwo ndiwe’ Badram yasutse amarangamutima ye avuga n’ibyo tutari tuzi Nyakwigendera Rwasa yamukoreye 

‘Rwasa warakoze kumpumura no kunkura mu mwijima no kumpa ikizere cyo kuzaba uwo ndiwe’ Badram yasutse amarangamutima ye avuga n’ibyo tutari tuzi Nyakwigendera Rwasa yamukoreye

Rwasa umaze igihe kitari gito yitabye Imana yateye intimba imitima ya benshi ndetse na nubu hari abagifite ubikomere byo kumubura.

Badram wagaragaje ubucuti bukomeye yari afitanye na Rwasa abinyujije kuri Instagram ye yamuvuze imyato ndetse amushimira ibyo yamukoreye Inama yamuhaye igihe yari ariho.

Yagize ati:” Ndagukumbuye muvandi Ukobucya nuko bwira ndushaho kubona ko isi yabuze umuntu wingenzi kuringe wari mwarimu mwiza Umujyanama mwiza ishuti Idasimburwa Nvuze ko waruzibyishi kumiterere yisi nibiyiriho sinabambeshye.

“Ibyo wabwiye haba kubuzima bwange bwite cyangwa imihindagurikire Yisi byose ndikubibona Rwasa warakoze kumpumura kunkura mumwijima Nokumpa ikizere Cyokuzaba uwondiwe Urugendo rurakomeje kandinziko Umporahafi I love you so much I will always remember you RIP Rwasa.”

Bino byashimangiye ko Badram yari afitanye umubano udasanzwe na Nyakwigendera Rwasa.

Nsanzamahoro Denis wamamaye muri sinema nyarwanda nka Rwasa yitabye Imana ku wa 5, Nzeri 2019 aguye mu Bitaro bya CHUK.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibya Moses bihinduye isura! Umunyamategeko wa Turahirwa Moses atangaje ikintu bagiye gukora nyuma y’uko Moses akatiwe iminsi 30 y’agateganyo

‘Imbaraga z’urukundo zarabaganje’ Marina n’umukunzi we Yvan Muziki urukundo rwabo nta garuriro(AMAFOTO)