in

‘Imbaraga z’urukundo zarabaganje’ Marina n’umukunzi we Yvan Muziki urukundo rwabo nta garuriro(AMAFOTO)

‘Imbaraga z’urukundo zarabaganje’ Marina n’umukunzi we Yvan Muziki urukundo rwabo nta garuriro(AMAFOTO)

Umuhanzikazi Marina ndetse n’umukunzi we Yvan Muziki na we ubarizwa mu mwuga w’ubuhanzi binyuze mu ndirimbo basubiranyemo yitwa ‘intare batinya’ bajyanye ku rubyiniro basusurutsa abakunzi babo biratinda.

Ibi birori bibereye ijosho byabereye kuri Hotel ya Atelier du Vin ndetse wabonaga akanyamuneza no kunyurwa ku maso yabari bitabiriye.

Marina na Yvan Muziki urukundo rwabo rwatangiye kumenyekana mu mezi make ashize ubwo kuruhisha byari bitagikunda.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

‘Rwasa warakoze kumpumura no kunkura mu mwijima no kumpa ikizere cyo kuzaba uwo ndiwe’ Badram yasutse amarangamutima ye avuga n’ibyo tutari tuzi Nyakwigendera Rwasa yamukoreye 

Mu myambaro imufashe kandi igaragaza ikimero, Pamella wa The Ben yagaragaje imiterere ye ubwo yagendaga nk’abanyamideli (VIDEWO)