in

Ibya Moses bihinduye isura! Umunyamategeko wa Turahirwa Moses atangaje ikintu bagiye gukora nyuma y’uko Moses akatiwe iminsi 30 y’agateganyo

Ibya Moses bihinduye isura! Umunyamategeko wa Turahirwa Moses atangaje ikintu bagiye gukora nyuma y’uko Moses akatiwe iminsi 30

Me Bayisabe Irene wunganira Turahirwa wa Moshions mu mategeko yemeje ko bagiye kujuririra icyemezo cy’Urukiko rwemeje ko umukiliya we afungwa iminsi 30 y’agateganyo.

Ubwo yari asohotse mu cyumba cy’iburanisha, Me Bayisabe wagaragaraga nk’ucitse intege, yabwiye IGIHE ko bagiye kujuririra icyemezo cy’Urukiko rwemeje ko Turahirwa afungwa iminsi 30 y’agateganyo.

Yagize ati “Ngiye kujurira, ku birebana na pasiporo wumvise ko nta kibazo ariko urumva bavuze ko ikibazo kiri mu rumogi ubu ni cyo ngiye guhura na we turebe niba twajurira, tugiye gusoma icyemezo cy’Urukiko turebe.”

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyamirama: umunyonzi wari utwaye umugezi ufite ihene, bagonzwe na Scania maze uwo munyonzi ahabonera ibisa nk’ibitangaza atigeze abona mu buzima bwe

‘Rwasa warakoze kumpumura no kunkura mu mwijima no kumpa ikizere cyo kuzaba uwo ndiwe’ Badram yasutse amarangamutima ye avuga n’ibyo tutari tuzi Nyakwigendera Rwasa yamukoreye