in

Rwanda: Ibyari urugo babihinduye akabari bibyinira bambaye ukuri. Video

Amashusho yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga yerekana abantu bizihiwe babyina ari nako basoma ku nzoga z’ubwoko butandukanye.

Mu mashusho, abiganjemo igitsinagore bagaragara bizihiwe banabyina indirimbo nshyashya ya Christopher Muneza yitwa Nibido, mbese ibyari urugo bisa nkaho byabaye akabari.

Nkuko bigaragara muri aya mashusho kandi harimo abakobwa baba babyina biyambariye utwenda twimbere gusa.

Ihere ijisho amashusho hano hasi urebe uko byari byifashe:

Written by Social Mula

Ese Papa wa Muheto Divine ukunzwe muri Miss Rwanda ni umusirikare nkuko benshi babivuga?. Video

Umusore ubana n’amagufwa y’abantu bapfuye akomeje gutangaza abatari bake

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO