in

Rwamagana City yahinduriwe izina yitiranwa n’icyiyaga

Ikipe ya Rwamagana City yahinduriwe izina nyuma y’igihe yitwa gutya ariko nigire umusaruro uhagije.

Ibi byakozwe ku munsi w’ejo hashize ihabwa izina rya Muhazi FC aho gukomeza kwitwa Rwamagana City.

Impamvu nyamukuru yatumye Rwamagana City ihindurirwa izina ni uko iyi kipe igiye guterwa inkunga n’uturere tubiri ari two Akarere ka Rwamagana ndetse n’akarere ka Kayonza.

Ibi byakozwe muri gahunda intara y’iburazirazuba ifite yo gutera inkunga amakipe yose akomoka muri iyi Ntara kugirango akomeze kugira imbaraga nyinshi. Akarere ka Gatsibo na Nyagatare buzajya bufasha Sunrise FC naho Kirehe hamwe na NGOMA zifashe Etoile de l’est, Rwamagana na Kayonza zifashe Muhazi FC yari Rwamagana City.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Burya bari inshuti magara! Umuhanzi Theo Bosebabireba yagaragaje akababaro yatewe n’urupfu rw’umuhanzi wakoranye impanuka na Pastor Théogene

Bapfuye miliyoni! Ikihishe inyuma yo kutumvikana kwa Cyusa Ibrahim na Muzehe Makanyaga Abdul byahise bituma Cyusa avanwa ku rutonde