in

Rwamagana; Abaturage 53 bajyanwe ku bitaro igitaraganya

Abaturage bo Murenge wa Muganga mu karere ka Rwamagana bajyanwe kuvurirwa mu kigo Nderabuzima cya Munyaga nyuma yo kunywa ubushera bakeka ko bwahumanyijwe ubwo bari bitabiriye ibirori by’umuturanyi.

Samuel Niyigena wari watumiye abamuherekeje mu muhango wo kwirega avuga ko abo baturage bakeka ko ubushera banyweye bwahumanyijwe .

Kuri ubu abaturage 53 nibo bagizweho ingaruka n’ubushera banyweye bugatuma barwara .

Abahuye n’ikibazo bamwe muribo barimo kwitabwaho n’abaganga, kugeza ubu bakaba barimo koroherwa ndetse harimo abatashye bamaze gukira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nacyo atakoze ariko byaranze! Zuchu yatangaje ikintu atajya agiriramo amahirwe kandi kikamubabaza

Disi ntabwo bijya bimuhira! Zuchu wakanyujijeho na Diamond Platunmz yeruye atangaza ikintu atajya ahirwa nacyo mu buzima