in

Ruvuyanga yavuze akayabo k’ibitego APR yari kuba yaratsinzwe umusifuzi akiba Monastir

Nkurunziza Ruvuyanga umunyamakuru wa RBA wari warajyanye na APR FC muri Tunisia yavuze ukuntu abasifuzi babaniye APR FC haba mu Rwanda no hanze yarwo.

APR FC yagakwiye kuba yaratsinzwe ibitego bitandatu harimo icyo batsinzwe umusifuzi akacyanga, penalite Clement yakoze ariko ikangwa ndetse n’undi mupira umusifuzi wo ku ruhande yanze avuga ko baraririye umukunnyi asigaye wenyine.

APR FC yatashye itavuga Bose ikimwaro ndetse n’isoni kuri buri wese ndetse na Erradi Adil Mohamed ntago yigeze agira icyo atangaza yanga kuvugisha itangazamakuru.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wema Sepetu wahatwikanye na Diamond Platnumz yavuze ikintu kizatuma yerekana umukunzi we ku karubanda

Yishe umugore we nyuma yo kumenya ko agiye kurongorwa n’undi mugabo maze na we ariyahura