in

Ruvuyanga yahombye inkoko bari bamuzaniye iribwa n’undi bakorana

Udahari igiti ntikimugwira! Umuturage yambutse uturere aza guha impano y’inkoko  Abamakuru bane b’imikino kuri radio Rwanda, mu bo yari yageneye guha impano na Ruvuyanga arimo ariko iye yatsindiwe n’undi munyamakuru.

Uyu mugabo witwa Tuyisenge yari yagennye ko aribuhe inkoko Reagan, Axel, Kwizigira na Ruvuyanga. Gusa ubwo yahuraga n’aba bagabo yasanze Ruvuyanga atakoze biba ngombwa ko iyo yari yamuzaniye ayihera Mugaragu.

Uko niko Ruvuyanga yarase isake y’umushisha yari yagenewe na Tuyisenge, bikarangira itsindiwe na Mugaragu.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Barahita bashinga sitasiyo mu ngo: Mu karere ka Kirehe habereye Impanuka y’ikamyo yari itwaye ibikomoka kuri Peterole maze abatuye aho bahururana amajerekani, amabasi n’indobo barayivoma bajya kudepa mu ngo

Agezweho: Rayon Sports ifatiranye Police FC iyikubita agakoni ku nda