in

Rutikanga Ferdinand wamenyekanye mu biganiro bitandukanye yitabye Imana

Rutikanga Ferdinand ufatwa nk’uwatangije Umukino w’Iteramakofe mu Rwanda yitabye Imana azize uburwayi.
Yatabarutse mu ijoro ryo ku wa 11 Nyakanga 2022, ahagana saa Tatu.

Rutikanga yaguye i Ndera aho yari atuye. Kugeza ubu umubiri we wajyanywe mu buruhukiro bw’Ibitaro bya Masaka.

Rutikanga yamenyekanye cyane mu biganiro yarakunze kwitabira ndetse akaba yari umugabo ukunze kubariza abaturage ibibazo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports iri mu biganiro na Rutahizamu ukomeye kuva muri Congo

Umuherwe wa mbere ku isi yatandukanye n’umugore we nyuma y’ibanga rye ryagiye hanze