in

Rutahizamu wa APR FC niwe wegukanye igihembo cy’uwitwaye neza kurusha abandi bose mu kwezi gushize k’ukuboza 2023

Rutahizamu wa APR FC, Victor Mbaoma Chukwemeka ni we wegukanye igihembo nk’uwahize abandi bose mu kwezi k’ukuboza 2023.

Ni ibihembo byatanzwe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ndetse n’abaterankunga bayo.

Iki gihembo Mbaoma yegukanye, giherekejwe n’amafaranga Miliyoni 1Frw.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

The Ben aragisha inama nyuma yo gusekwa cyane

Umusifuzi w’umunyarwanda yahawe gusifura derby ikomeye mu gikombe cya Afurika mu kibuga hagati