in

Rutahizamu ukomeye ugiye guhangana na Lionel Messi yatangiye kuvuga amagambo ashotora Messi

Rutahizamu wa Ac Milan n’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa, Olivier Giroud yatangaje amagambo yateye ubwoba abafana ba Lionel Messi ushaka kwegukana Igikombe cy’isi cye cya mbere agahita aba n’umukinnyi wa mbere ku isi.

Argentina ya Lionel Messi izahura na France ya Olivier Giroud kuri Finali y’igikombe cy’isi aho uyu mukino uzaba kuri iki cyumweru.

Mbere y’uyu mukino, Olivier Giroud yatangaje amagambo yateye ubwoba abafana ba Argentine ubwo.

Yagize ati: “Lionel Messi ni umukinnyi udasanzwe, ariko ntabwo tuzamureka ngo ririya joro rizabe irya mbere ryiza kuri we mu buzima bwe.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mashya: Bus ya shirumuteto ihiriye Nyabugogo

Umuhanzikazi ukomeye muri Amerika yifotoje yambaye ubusa maze agira inama umuvandimwe we (Amafoto )