in

Rutahizamu Rayon Sports igenderaho yatangaje umubare w’ibitego bagiye gutsindira muri Libya abafana benshi basubizwamo imbaraga

Rutahizamu Rayon Sports igenderaho yatangaje umubare w’ibitego bagiye gutsindira muri Libya abafana benshi basubizwamo imbaraga

Kuri wa kabiri mu masaha ya saa kumi z’umugoroba nibwo ikipe ya Rayon Sports yari irimo kwitegura kwerekeza mu gihugu cya Libya gukina umukino wa mbere wa CAF Confederations Cup.

Abakinnyi benshi ba Rayon Sports bagize icyo batangaza ndetse Bose ubona ko bari guha ikipe yabo amahirwe bijyanye nibyo bamaze iminsi bategura kuzakina ubwo bazaba bahuye na Al Hilal Benghazi.

Muri aba bakinnyi bose bagize icyo batangaza rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Libya Joachim Ojera we adaciye ku ruhande yatangaje ko bagomba gutsinda ibitego 2-1 muri Libya baza hano mu Rwanda bakazatsinda ibitego 2-0 bagahita babona itike yo gukina amatsinda.

Yagize Ati” Ndakeka tuzatsinda ibitego 2-1 muri Libya, hanyuma hano iwacu dutsinde 2-0. Ubundi dukomeze mu matsinda.”

 

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu Rayon Sports igenderaho yatangaje umubare w’ibitego bagiye gutsindira muri Libya abafana benshi basubizwamo imbaraga

Inkuru nziza ku banyeshuri batanyuzwe n’ibyavuye mu manota babonye! NESA yagiriye inama y’icyo gukora ku muntu wabonye atishimiye imyanzuro y’amanota y’ikizamini cya Leta agasanga yararenganyijwe