in

Rutahizamu Rayon Sports igenderaho yatangaje umubare w’ibitego bagiye gutsindira muri Libya abafana benshi basubizwamo imbaraga

Rutahizamu Rayon Sports igenderaho yatangaje umubare w’ibitego bagiye gutsindira muri Libya abafana benshi basubizwamo imbaraga

Kuri wa kabiri mu masaha ya saa kumi z’umugoroba nibwo ikipe ya Rayon Sports yari irimo kwitegura kwerekeza mu gihugu cya Libya gukina umukino wa mbere wa CAF Confederations Cup.

Abakinnyi benshi ba Rayon Sports bagize icyo batangaza ndetse Bose ubona ko bari guha ikipe yabo amahirwe bijyanye nibyo bamaze iminsi bategura kuzakina ubwo bazaba bahuye na Al Hilal Benghazi.

Muri aba bakinnyi bose bagize icyo batangaza rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Libya Joachim Ojera we adaciye ku ruhande yatangaje ko bagomba gutsinda ibitego 2-1 muri Libya baza hano mu Rwanda bakazatsinda ibitego 2-0 bagahita babona itike yo gukina amatsinda.

 

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Higanjemo abana bakiri bato! Urutonde ry’abanyeshuri bahize abandi mu bizamini by’amashuri abanza n’ayisumbuye – AMAFOTO

Rutahizamu Rayon Sports igenderaho yatangaje umubare w’ibitego bagiye gutsindira muri Libya abafana benshi basubizwamo imbaraga