in

Ruhango:umugabo yarahahamutse ubu asigaye aba mu rutoki kubera umupfumu wamubeshye akamurya utwe

umugabo yarahahamutse ata urugo rwe kubera umupfumu wamuriye utwe nibyo bumvikanye akaba atarabikoze.

Mu karere ka ruhango umurenge wa mbuye umugabo yarihebye kuri ubu asigaye aba murutoki.

Nyuma yaho yegereye umupfumu ngo amufashe amuhe umuti uzatuma afata abajura bamwibira urutoki ariko bikaba ibyubusa.

Uno mupfumu amaze kumurya udufaranga twe ntagire icyo akora kubyo bumvikanye.

Uno mugabo yahise amera nkaho ahahamutse kuko kuri ubu unomugabo ntakirya yewe no munzu ntago akibarizwamo kuko ubu ahora aryamye mu rutoki.

Ubu abaturage bahangayikishijwe nuyu mugabo kuko ngo nakomeza kurangaranwa bizarangira ahasize ubuzima

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi wa Rayon Sports akomeje kurebana ay’ingwe n’Umunyamakuru Sam Karenzi

Ruhango:umugabo yaciye mugenzi we igitsina bapfa inzoga basangiraga