in

Ruhango:umugabo yaciye mugenzi we igitsina bapfa inzoga basangiraga

Umugabo ararembye nyuma yaho mugenzi we bapfuye inzoga basangiraga yamukase igitsina.

Mu karere ka Ruhango umurenge wa bweramana amakuru dukesha TV1 biravugwa ko aba bagabo bari basanzwe ari inshuti bari barimo gusangira.

Gusa ntibumvikanye ku nzoga bari barimo kunywa nibwo mugenzi we yarakaye mugutongana byarangiye barwanye.

Uyu uri kwa muganga baciye igitsina kuri ubu Arata aza asaba ubutabera kubyamukorewe kuko ibi yakorewe ni ubunyamanswa bukabije.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ruhango:umugabo yarahahamutse ubu asigaye aba mu rutoki kubera umupfumu wamubeshye akamurya utwe

Umubyeyi wa Yvan Buravan yemereye abakunzi be ikintu gikomeye