in

Ruhango: Umugabo wari ugize imyaka 35 akiba iwabo, yishe se amukase ingoto nyuma y’uko se yamusohoraga mu nzu ye ngo ajye kwiyubakira iye kuko yari amaze kuba mukuru bihagije (AMAFOTO)

Umugabo wari ugize imyaka 35 akiba iwabo, yishe se amukase ingoto nyuma y’uko se yamusohoraga mu nzu ye ngo ajye kwiyubakira iye kuko yari amaze kuba mukuru bihagije.

Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 35 yatemaguye se wahoraga amusohora mu nzu ye ngo ajye kwiyubakira iye kuko yari amaze kuba mukuru bihagije.

Ibi byabereye mu Karere ka Ruhango mu murenge wa Kinazi aho Umugabo uri mu Kigero cy’imyaka 35, abavandimwe be bavuga ko yishe se amukase ingoto bapfuye ko se yamwirukanaga mu rugo ngo ajye kubaka inzu ye.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nibwo yari ikiva mu ruganda! Umwe mu bafana ba Rayon Sports yahaye imodoka nshya umutoza mushya w’iyi kipe – IFOTO

Ku bagabo ni Zahabu isukika bagendana! Ibyiza utari uzi by’amasohoro