in

Ruhango! Umugabo uzwi kw’izina rya Ruburi yafashe umuhoro atemagura amaguru y’umugore we

Mu ntara y’amajyepfo mu karere ka Ruhango mu kagari ka Munini ahagana saa sita z’amanywa umugabo witwa Buzimana Zayasi yafashe umwanzuro ugayitse atemagura amaguru y’umugore we.

Uyu mugabo benshi bakunze kwita Ruburi bivugwa ko yatemye amaguru y’umugore amuhoye amakimbirane bari bafitanye mu rugo rwabo bapfa ko mbere y’uko basezerana yemereye umugore we ko azamugurira igare ntiyabikora.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Asigaye asa nk’abazungukazi! Mutoni Assia wamenyekanye muri filime Nyarwanda ubu wisangiye umugabo we muri America, yongeye kugaragara nyuma y’amezi make yibarutse imfure – VIDEWO

“Niyo mpamvu nkunda imibonano”! Mu ijoro abantu basinziriye Yolo The Queen avuze impamvu akunda gukora imibonano -IFOTO