in

Disi mama wa Pele ntazi ko umuhungu we yitabye Imana! Mu gihe abenshi ku isi babimenye akivamo umwuka

Hashize iminsi mike umunyabigwi muri ruhago Pele iyabye Imana azize uburwayi gusa kuri ubu Mama we uherutse kuzuza imyaka 100, ntabwo afite amakuru y’uko umwana we yitabye Imana.

Mushiki wa Pele witwa Maria Lucia do Nascimento yavuze ko ikiriyo kiri kubera mu rugo rw’ababyeyi babo ariko mama wabo witwa Celeste akaba atazi ibiri kuhabera.

Yagize ati: “Mukecuru wacu twamubwiye ko umuhungu we yitwabye Imana ariko ntabwo yabyumvise kuko yari yibereye mu Isi ye”.

“Gusa ubwo twari dutangiye ikiriyo, twavugaga izina rya Pele by’umwihariko akazina yari azwiho mu bwana na Dico, mukecuru akubura amaso ariko ntabwo yamenyaga ibyo twavugaga ko Pele yapfuye.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rubyiruko; Kano kanya KNC yaguha ibanga ryakugeza ku ntsinzi muri 2023 ntizarangire usabiriza na fanta (Videwo)

Ibi KNC avuze koko birashoboka? KNC utangiye umwaka n’ingamba nshya avuze ibyo ikipe ye ya Gasogi United itegetswe gukora mu 2023