in

Rubavu: Sekidende birukanye mu nzu, yahisemo guhima akagari ke akora ibigahesha ikimwaro

Umukambwe witwa Sekidende Hamisi kuri ubu  amaze iminsi itatu aryama imbere y’akagari ka Mbugangari avuga ko adafite aho aba ni nyuma yuko asohowe mu nzu ye igatezwa cyamunara.

Sekidende avuga ko urukiko rutigeze rumutandukanya n’umugore we bashakanye mu mwaka wa 1987 ndetse ngo abayobozi bamubwiye ko nta nyandiko zigaragaza ko bashakanye kandi zihari.

Uyu musaza yavuze ko we n’uyu mugore we bubakanye amazu ariko Kuwa Gatanu w’icyumweru gishize,nibwo umuhesha w’inkiko yazanye na Polisi bamusohora mu nzu yabagamo.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bakigera ku ishuri, abanyeshuri bahuye n’indwara itazwi itangiye kubica urusorongo

Kylian Mbappe ari mu bishashi by’urukundo nuwahoze ari umugabo nyuma akaza kwihinduza umugore