in

Rubavu: Abagore ba biri batawe muri yombi bakurikiranweho kwinjiza ibintu bitemewe harimo n’ibyangiza imibiri y’abantu

Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abagore babiri bafatiwe mu isoko rya Gisenyi mu Karere ka Rubavu, barimo uwafatanywe amavuta yangize uruhu azwi nka Mukorogo, nyuma yuko batanzweho amakuru n’umuturage.

Aba bagore barimo uwafatanywe amacupa 453 y’amavuta yangize uruhu azwi nka mukorogo, n’undi wasanganywe ibitenge 31 yinjiye mu Rwanda mu buryo bunyuranyije n’amategeko.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nti wavuga nabi Zidane ngo bikugwe amahoro: Uwari umuyobozi w’umupira w’amaguru mu Bufaransa agiye kujyanwa mu nkiko

Musanze: Inkongi y’umuriro yafashe inyubako y’ubucuruzi yangiza ibintu bifite agaciro kanini