imikino
Ronaldinho yahishuye ikintu gikomeye yicuza mu buzima bwe

Ronaldinho ni umwe mu bakinnyi b’umupira w’amaguru b’ababahanga babayeho mu mateka y’isi, gusa ariko nanone akaba ari umwe mubapfushije impano zabo ubusa nubwo bwose yagiye agera ku bintu bihambaye mu makipe atandukanye yakiniye
Mu kiganiro yagiranye na Gulf News, Ronaldinho akaba yahishuye ikintu gikomeye yicuza aho yagize ati : “Nageze ku bintu byose nifuzaga kugeraho kandi ndashimira ababimfashijemo bose. Gusa ariko nanone hari icyo nicuza nukuba ntarabashije gukinana na Messi igihe kinini. Ni umukinnyi w’umuhanga, nshimishwa no kuba arinjye wamufashije gustinda igitego cye cya mbere. Byarikunshimisha iyo nkinana nawe igihe kinini gusa ariko yaje igihe njye iminsi yanjye mu ikipe ya Barca yarimo igera ku musozo. Messi ni umuhanga bidasubirwaho kandi arabyerekana uko yinjiye mu kibuga.  â€
Comments
0 comments
-
Imyidagaduro1 day ago
Ngaba abakobwa 10 bakomeje kuza ku mwanya wa nyuma muri Miss Rwanda 2021.
-
Imyidagaduro1 day ago
Wa mukobwa ukomeje kwanikira abandi muri Miss Rwanda burya yiga i Bwotamasimbi|Yahishuye uko yinjiye muri iri rushanwa.
-
Imyidagaduro2 days ago
Umugore wa Nyakwigendera Dj Miller yibukanye icyubahiro umunsi yambikiweho impeta y’urukundo (fiançaille) na Dj Miller
-
inyigisho1 day ago
Ngizi impamvu zishobora gutuma umusore adasohokana inkumi kandi bamaze igihe kirekire bakundana.
-
Imyidagaduro2 days ago
Miss Umulisa witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda mu mwaka wa 2018 yasabwe anakwa n’umugabo we (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Young Grace yagaragaye mu myambaro igaragaza umubiri we ubwo yari agiye kuvoma (amafoto)
-
Imyidagaduro24 hours ago
Shimwa Guelda yakorewe ibirori by’akataraboneka ku isabukuru ye y’amavuko (amafoto)
-
Imyidagaduro10 hours ago
MU MAFOTO: Dore abakobwa 20 bakomeje mu mwiherero wa #MissRwanda2021