in

Rocky Kimomo yateguje abakunzi b’umuhanzikazi asigaye areberera inyungu ko hari agashya azabaha ejo

Umusobanuzi wa Filime ukunzwe cyane n’abatari bacye Rocky Kirabiranya uherutse gutandukana n’umuhanzi Papa Cyangwe yarebereraga inyungu yahise amusimbuza undi uririmba indirimbo z’Imana.

Abinyujije ku rubuga rwa Instagram yagize ati” kadukore umurimo wimana bigishoboka”, akomeza avuga ko ejo bari bushyire hanze indirimbo yitwa Biracyashoboka y’umuhanzi Emeline Penzi areberera inyungu muri Rocky Entertainment.

Uyu muhanzikazi uririmba indirimbo zo kuramya Imana akomeje gukora umuziki gusa abantu ntibavuga rimwe kuri uyu muhanzi kuko bavuga ko Rocky Entertainment kuyijyamo uririmba indirimbo z’Imana bitumvikana.  Impamvu ngo ni uko yarahozemo Papa Cyangwe uririmba hip hop.

Gusa we avuga ko ibyo bacyeka kuri Rocky bibeshya akomeza avuga ko umurimo w’Imana ntaho utawukorera.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru nziza ishimishije kuri Dj Brianne ubu afite ibyishimo bidasanzwe

Umuhanzi Afrique ari mugahinda gakabije ku bwamukuru we w’itabye Imana