in

Robertinho ntaranyurwa n’abataka afite arashaka abataka bashya bo gutsinda APR FC

Umutoza wa Rayon Sports, Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi nka ‘Robertinho’, yatangaje ko ikipe ye igikeneye kongeramo imbaraga mu myanya itandukanye, cyane cyane mu busatirizi.

Yavuze ko gukomeza gushaka abakinnyi bakomeye bizafasha Rayon Sports gutsinda APR FC, kwitwara neza muri shampiyona, ndetse no guhatanira gukina CAF Champions League.

Robertinho yizeye ko n’ubwo hari ibigikeneye gukorwa, ikipe ye izitwara neza bitewe n’ishyaka n’ubushake bw’abakinnyi. Yagize ati, “Dukeneye abakinnyi bazi gutaha izamu neza, kugira ngo tugere ku ntego twihaye.”

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Keylor Navas ashobora gusesa amasezerano na Monza

Umugabo yakiriye umugore we agaruka mu rugo azanye nundi mugabo mushya