in

RMC yatangaje ibyo igiye gukorera Abanyamakuru bafunzwe

RMC ikigo gishinzwe abanyamakuru bigenga mu Rwanda cyatangaje ko kigiye gukurikirana dosiye z’abanyamakuru batawe muri yombi kugirango bazabona uburengazira bwabo.

RMC yatangaje ko izafasha aba banyamakuru bakabasha kuburana bafite ababunganira (aba voka), nkuko abandi bose baburana babafite.

RMC kandi isaba inzego z’ubutabera ko imanza z’aba banyamakuru ko zanyuzwa mu mucyo, ndetse irasaba abanyamakuru bose kutica amategeko agenga umwuga w’itangaza makuru.

Abatawe muri yombi barimo Umunyamakuru Manirakiza Theogene ukekwaho icyaha cya ruswa bikavugwa ko akekwaho kwakira 500.000 Frw na Nkundineza Jean Paul ushinjwa gukoresha imvugo itaboneye.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Nana: Umukobwa yapfuye akimara gukora ubukwe

Umunyarwenya Dogiteri Nsabi yagaragaye yambaye imyambaro yanditseho amagambo ashishikariza abantu kumukunda