in

RIP Olivier! Umukinnyi wa Filime wari ukunzwe cyane yitabye Imana

RIP Olivier! Umukinnyi wa Filime wari ukunzwe cyane yitabye Imana.

Umuryango w’umukinnyi wa filime, Bradley Olivier wemeje ko yitabye Imana nyuma y’iminsi mike yinjiye mu bitaro.

Mu buryo bw’amagambo uyu muryango wavuze ko Olivier yapfuye “mu mahoro” mu bitaro bya Life Flora i Johannesburg ku wa kane.

Ati: “Nubwo ubuzima bwa Bradley bwarangiye mbere y’igihe cye, igihe yamaze mu buzima bwacu nticyizibagirana kandi cyuzuye umunezero.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yabonye bitoroshye aza kumurwanaho; Sebihogo yagize icyo atangaza ku bivugwa ko Miss Muheto yari yasinze mu bukwe bwe

Inkuru ishyushye: Abafana ba APR FC bahawe amahirwe yokwirebera intwaro APR FC yahashye