in

RIP Irakoze: Abakunzi b’umuziki bakomeje kugaragaraza agahinda batewe n’urupfu rw’umuhanzi Irakoze waririmbye “Kiradodora” na “Ca Gikoko” zakunzwe na benshi

RIP Irakoze: Abakunzi b’umuziki bakomeje kugaragaraza agahinda batewe n’urupfu rw’umuhanzi Irakoze waririmbye “Kiradodora” na “Ca Gikoko” zakunzwe na benshi.

Ku munsi w’ejo mu masaha akuze nibwo hamenyekanye inkuru y’incamugongo y’uko umuhanzi Irakoze Hugues wamamaye cyane ku izina rya Sam Over Mix yitabye Imana azize uburwayi ubu abantu benshi bakomeje kugaragaraza ko batewe agahinda n’urupfu rw’uyu muhanzi watanze ibyishimo kuri benshi ari nako bihanganisha abagize umuryango we ndetse n’abarundi muri rusange.

Sam yabaye mu itsinda rya SEY abantu bamenye cyane mu ndirimbo bise “CA gikoko” akaba yaratangiye kuririmba mu mwaka wa 1999.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ange Kagame na Mama we bifatanyije n’inshuti n’umuryango wa Amb. Venetia Sebudandi uherutse kwitaba Imana, mu muhango wo kumusezera bwa nyuma [AMAFOTO]

Minisitiri Utumatwishima ari gukunda indirimbo nshya ya Chris Eazy na Shaffy bise bana