in

RIP Gordon! Umupasiteri yapfiriye mu rusengero imbere y’imbaga y’abakirisitu ubwo yari ayoboye amateraniro

Umupasiteri, Dwayne Gordon yarashwe n’abagizi ba nabi ahita apfa ubwo yari mu rusengero i Johannesburg, muri Afurika y’Epfo.

Bivugwa ko abantu batatu bakomerekejwe n’amasasu yarasiwe muri uru rusengero mu ijoro ryo ku wa gatanu,tariki 06 Ukwakira 2023,n’abagizi ba nabi batandatu bari bitwaje intwaro.

Dwayne Gordon yari ayoboye amateraniro ku rusengero rwa Eagles Christian Centre ubwo abagizi ba nabi binjiragamo bagatangira kurasa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Wagira ngo umwe n’umwana undi n’umubyeyi! Wa musore watumye abantu bacika ururondogoro kubera inkumi yigondeye yongeye kurikoza bitewe n’ibintu byamubayeho ubwo yahoberanaga n’umukunzi we -AMASHUSHO

“Kuvuga ko bazarasa abajura ntacyo byamara hari abibira aho bataraswa, nta muturage unanira leta” Mutesi Scovia yabwiye Polisi ko kurasa abajura ntacyo bizamara kuko hari abandi bajura bibira ahatarasirwa