in

RIP Bray! Umukinnyi wari ukunzwe cyane n’Abanyarwanda mu mukino wo gucyirana ibi bita ‘Kaci’ ntakiri kubarizwa ku isi y’abazima

RIP Bray! Umukinnyi wari ukunzwe cyane n’Abanyarwanda mu mukino wo gucyirana ibi bita ‘Kaci’ ntakiri kubarizwa ku isi y’abazima.

Umuteramakofe Bray Wyatt wamamaye mu mirwano ya WWE yapfuye yishwe n’indwara y’umutima.

Ubwo yatangazaga iyi nkuru, Umuyobozi wa WWE witwa Triple H, yanditse kumbuga nkoranyambaga ati:” Twakiriye Telefone yavuye muri Hall Of Fame ya WWE itubwira inkuru mbi ko umwe muri twe witwa Windham Rotunda wakunzwe nka Bary Waytt , yapfuye urupfu rutunguranye mu masaha ya mu gitondo.

Umutima wacu n’interezo zacu biri muri Nyakwigendera kandi turasaba buri umwe wese kubaha ubwiru bwabo kubera ibi”.

Ikinyamakuru TMZ cyo muri Amerika, cyemeje ko uyu mugabo yishwe n’indwara y’umutima.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Nta muntu waremye undi” Rigoga Ruth yifashishije amagambo ya Nyakubahwa Perezida Paul Kagame ubwo yifurizaga abantu Isabato nziza 

Aba ex bariyahura! Ubwiza n’imiterere bya Mpundu France wegukanye umutima wa Juno Kizigenza biraza guhungabanya aba ex ba Juno