in ,

Rihanna nyuma yo kugwa mu kantu ko umukunzi we mushya yakoze ubukwe mbere yuko bamenyana yagize byinshi atangaza (inkuru irambuye)

Umuhanzikazi Rihanna wamenyekanye cyane ku isi yose kubera indirimbo nyinshi yagiye ahimba zigakundwa n’abantu benshi ndetse n’ibitaramo yakoreye hirya no hino ku isi bigatuma yigarurira imitima y’abantu benshi ku munsi w’ejo yagize icyo atangaza ku makuru yari amaze acicikana havugwa ko umukunzi we mushya ariwe Hassan Jameel yaba yarakoze ubukwe n’undi mukobwa mbere yuko amenyana na Rihanna.

Related image
Rihanna na Hassan Jameel

Rihanna yavuze ko ibi byose birimo kuvugwa ko Hassan yakoze ubukwe mbere yuko bamenyana abizi kandi ko umugore babanaga mbere batandukanye. Rihanna yongeyeho ati: birasekeje kubona abantu bafata iby’ubukwe bwa Hassan bakabigira birebire kandi byararangiye. Mu magambo ye bwite, Rihanna yagize ati:  “It’s Funny That People Are Making Big Deal Out Of Hassan’s Marriage”.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Manchester United yabonye umusimbura wa Cristiano Ronaldo nyuma y’imyaka 9 ayivuyemo

Agashya: Neymar akoze agahigo katigeze gakorwa nundi mukinnyi mu gihe ataranakandagira mu kibuga