in

Riderman wari ugiye kuva mu muziki burundu avuze impamvu ikomeye cyane yamugaruye

Rider man yari agiye kuva mu muziki awugarurwamo n’impamvu ikomeye.

Uyu muraperi mu kiganiro kirambuye yakoreye kuri yago tv show yatangaje ikintu gikomeye cyatumye agaruka mu muziki mu gihe yari yafashe umwanzuro wo kuva mubyo kuririmba.

Uyu muhanzi warushinze kurubu akaba afite n’abana yavuko impamvu ikomeye yatumye atareka umuziki we ko ari papa we umubyara.
Yakomeje avuga ko muri gahunda ze za buri munsi umubyeyi we umubyara ariwe mujyanama we mukuru.

Rero akimara kumugisha inama ku bijyanye no kureka umuziki papa we yamubujije kuwuvamo ahubwo amujuira inama yuko ibyo byose ashaka gukora yabifatanya n’umuziki.

Kuri ubu uyu muhanzi yatangaje ko ntagahunda yo kiva mu muziki afite ko ahubwo agiye gukora cyane kurusha na mbere.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Fridaus wabyaranye na Ndimbati yamusabye ikintu gikomeye nyuma yo gufungurwa

Urubyiruko rwifuza kujya muri cinema nyarwanda rwashyizwe igorora