in

Remera: Abana bari kuba mu nzu iriho shitingi nyuma y’uko umubyeyi wabo akuyeho isakaro, inzugi n’amadirishya akabigurisha kuri make make ndetse agahita anajyana na byo (AMAFOTO)

Remera: Abana bari kuba mu nzu iriho shitingi nyuma y’uko umubyeyi wabo akuyeho isakaro, inzugi n’amadirishya akabigurisha kuri make make ndetse agahita anajyana na byo

Mu murenge wa Remera mu karere ka Musanze, hari abana bari kuba muri Shitingi nyuma y’aho umubyeyi wabo agurishije isakaro ry’inzu, agakuraho inzugi n’amadirishya akagenda na n’ubu bakaba batazi aho aba.

Aba bana baganiriye na TV1 dukesha iyi nkuru bavuze ko umubyeyi wabo yabataye mu nzu agasiga akuyeho isakaro, inzu n’amadirishya yari ari ku nzu.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru ishyushye: Abafana ba APR FC bahawe amahirwe yokwirebera intwaro APR FC yahashye

Nyamasheke: Imodoka yari itwaye umugeni yagonganye na Scania maze umwe ahita ahasiga ubuzima abandi 16 bajyanwa mu bitaro ari indembe (AMAFOTO)