in

“Reka ineza yawe ikore ku buzima bwanjye”mu magambo y’urukundo ndetse no gushima umugore wa Byiringiro Lague amwifurije isabukuru nziza y’amavuko.

Byiringiro Lague umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi ndetse akaba ikinira n’ikipe y’ingabo z’igihugu APR Fc mu magambo y’urukundo yifurijwe isabukuru nziza y’amavuko n’umugore we.

Abinyunyijije ku rukuta rwe rwa Instagram umugore we Uwase Kelia yagize”umutima wanjye ushongera hamwe n’ubushyuhe bwawe ndetse no kuboneka kwawe.Nkwifurije isabukuru nziza y’amavuko kuri wewe urukundo rwanjye,reka ineza yawe ikore ku buzima bwanjye kandi ushake imigisha yo kubaho neza mu munezero kandi ubeho utera imbere”Uwase Kelia akimara kubwira umugabo we ayo magambo meza, Byiringiro Lague yahise nawe ajya ku rukuta rwe rwa Instagram kuri Story nawe ashimira umugore we kubwo kumwifuriza isabukuru nziza y’amavuko, Lague yagize ati:”urakoze mugore mwiza”

Kur’ubu Byiringiro Lague na Uwase Kelia n’umugabo n’umugore babana byemewe n’amategeko ndetse bakaba bafitanye umwana umwe w’umukobwa bise Iliza Isla Nessa nawe bamaze gufungura Instagram ye ndetse kugez’ubu ikaba ikurikirwa n’abarenga ibihumbi bibiri,ikaba ikurikira papa na mama gusa mbese ibwo ni Lague na Kelia,Isla Nessa ukurikira gusa.

 

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bitunguranye Bruce Melodie yagaragaye kuri alubumu nshya ya Harmonize.

Haaland ari gushinjwa kwitura inabi ikipe ya mureze ubu ku mugoroba hategerejwe niba ari bwangere ku bikora