in

“Reka abana bange babare imyaka yange, wowe ujye kubara iya nyoko” Mu magambo akakaye Tidjara Kabendera yihanangirije abamwita umukecuru

Umunyamakuru n’umushabitsi, Tidjara Kabendera yihanangirije abamwita umukecuru bagahugira mu kubara imyaka ye.

Ibi yabitangarije Isimbi TV aho yavuze ko nta muntu wagakwiye kwirirwa abara imyaka ye kuko ngo bitamureba.

Tidjara yasabye abantu ko bajya kubara imyaka ya ba Mama wabo maze bakareka na we abana be bakamubarira imyaka ye.

Ati: “Reka abo nabyaye bambarire imyaka maze wowe ujye kubara iya Mama wawe.”

 

Written by M.Ben

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abagabo bakwiye konka amabere y’abagore babo mu kubarinda kanseri

Inkuru yabaye kimomo: Dore amafoto ya Miss Aurore arikumwe n’uwo yasimbuje Egide