in

RBA yaciwe amafaranga kugira ngo igure shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda yari isanzwe yerekanira ubuntu, ikiyumva maze imibare ihita izamo ibihekane

RBA yaciwe amafaranga kugira ngo igure shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda yari isanzwe yerekanira ubuntu, ikiyumva maze imibare ihita izamo ibihekane.

Ubuyobozi bwa League burashaka ko RBA yishyura miliyoni 400 kugira ngo ijye yerekana shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda.

Ubu busabe bwateje umwiryane mu bayobozi ba League, aho bamwe bayemeza abandi ntibagire icyo bavuga.

Hari andi makuru ariho utakwemeza ko ariyo, aho avuga ko hari undi mufatanyabikorwa bategereje ushobora kuzajya atanga menshi.

Ku rundi ruhande ngo hari ubundi busabe bwanzwe bw’umuterankunga wari wemeye gutanga arenga miliyari y’amafaranga y’u Rwanda gusa yanzwe kubera ko uwo muterankunga acuruza imikino y’amahirwe.

League yanzuye ko nta muntu izaha kwerekana shampiyona adatanze amafaranga ari hejuru miliyoni 400.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru, Ingabire Egidie Bibio wa RBA yumvise uburyo Kazungu yireguye ku byaha by’ubwicanyi yakoze maze biramurenga (Videwo)

“Cyakoze wari agakara we!” Shaddy Boo yahawe urwamenyo kubera amagambo yatangaje ku ifoto ye ya kera yagereranyije n’iyubu