in

Rayon Sports yumvise ikifuzo cya Robertinho none yahamagaje rutahizamu ugiye gusesekara i Kanombe – AMAFOTO

Rutahizamu w’umunya Cameroun, witwa Aziz Bassane Koulagna yahagurutse iwabo aje mu Rwanda aho biteganyijwe ko aje gusinyira ikipe ya Rayon Sports.

Biteganyijwe ko Aziz Bassane Koulagna aragera i Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa 11 Kanama 2024, saa 21h30.

Uyu rutahizamu uca ku mpande afite imyaka 22, akaba aje gusinyira Rayon Sports nyuma y’iminsi mike umutoza Robertinho utoza Gikundiro, yari yavuze ko akeneye abataha izamu kuko ngo abo afite ntababonamo ikizere.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Police FC yegukanye FERWAFA Super Coupe itsinze APR FC itarisobanukirwa

Noe Uwimana w’imyaka 19 ukina mu ikipe yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko yiteguye kuza guhanganira umwanya na Omborenga Fitina mu ikipe y’igihugu Amavubi