in

Rayon Sports yatwawe umukinnyi n’ikipe bituruka mu ntara zimwe

Ibyo yari yarigize none nayo ikozwemo! Rayon Sports yatwawe umukinnyi n’ikipe bituruka mu ntara zimwe.

Muvandimwe Jean Marie Viannney yasinye muri Mukura Victory Sports et Loisirs, avuye muri Rayon Sports.

Muvandimwe yasinye amasezerano y’imyaka igera kuri ibiri mu ikipe ya Mukura VS ibarizwa mu magepfo y’u Rwanda.

Jmv yavuye muri Rayon Sports bamaze gutwarana igikombe cy’Amahoro batwaye APR FC.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ku musatsi usa umweru nk’umuceri utagira ibirungo, Byiringiro Lague n’umugore we Kelia bakoreye umwana wabo isabukuru y’amavuko nyuma yo kuzuza amezi avutse (AMAFOTO)

Ibyo akora mu kibuga agiye no kujya abikora mu mashuka! Umuzamu wa Chelsea yashyingiranywe na Nyampinga wa Espagne ufite ubwiza budashidikanywaho muri rub